Amakuru
April 14, 2024
Ishyaka PL ryibutse abari abayobozi n’abayoboke baryo bazize Jenoside yakorewe abatutsi
Ishyaka riharanira ukwishyira ukizana kwa buri muntu PL, ryibutse kunshuro ya 30 abari abayoboke n’abayobozi…
Amakuru
April 11, 2024
Umugabo yiraye mumurima w’uwarokotse Jenoside yakorewe abatutsi arandura imyaka
Mu gihe abanyarwanda bari mu gihe cy’icyunamo no kwibuka kunshuro ya 30 Jenoside yakorewe abatutsi…
Amakuru
March 29, 2024
Ishyaka Green Party rivuga ko ridatewe ubwoba n’andi mashyaka bahanganye kuko ryizeye intsinzi
Ubuyobozi bw’ishyaka rihanira demokarasi no kurengera ibidukikije Green Party, buvuga ko mu gihe bamaze bazenguruka…
Uburezi
March 29, 2024
Abarangije muri KSP Rwanda barishimira ubumenyi bahakuye
Kunshuro ya Karindwi abanyeshuri barangije amasomo muri KSP Rwanda, bongeye kugaragaza ubuhanga bakuye muri iki…
Amakuru
March 29, 2024
Minisiteri y’uburinganire n’iterambere ry’umuryango isanga hakenewe kongerera ubushobozi abagore mu ikoranabuhanga.
Minisiteri y’uburinganire n’iterambere ry’umuryango MIGEPROF igaragaza ko hakenewe ubufatanye mu kuvanaho ibyuho bigituma hagaragara ubusumbane…
Amakuru
March 20, 2024
HACORWA yasabye abagore kugira uruhare mu kurwanya ihohoterwa rigorerwa mumuryango
Ni amahugurwa yateguwe n’umuryango Ibiganza by’impuhwe cyangwa se Hands of Compassion Rwanda(HACORWA), ahuza abagore bari…
Amakuru
March 19, 2024
Uburasirazuba: Abayobozi basabwe ubufatanye mu kurwanya inda ziterwa abangavu
Kubura ubushobozi bw’amafaranga, imirire mibi, agahinda gakabije baterwa n’ubuzima barimo, ni bimwe mu byagaragajwe n’intara…
Iterambere ry'umugore
March 12, 2024
Ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro bwatumye bigobotora itotezwa ry’umuryango
Bamwe mu bagore bakora mubucukuzi bw’amabuye y’agaciro babumazemo igihe kitari gito mu karere ka Rwamagana,…
Iterambere ry'umugore
March 8, 2024
Ubudozi bw’inkweto bwamukuye mubwigunge yaterwaga n’ubumuga afite
Buri tariki 08 Werurwe buri mwaka, u Rwanda rwifatanya n’isi yose kwizihia umunsi mpuzamahanga w’umugore.…
Amakuru
February 29, 2024
Minisiteri y’uburinganire n’iterambere ry’umuryango yiyemeje gukorana n’izindi nzego mukuziba icyuho muburinganire
Minisiteri y’uburinganire n’iterambere ry’umuryango MIGEPROF igaragaza ko uburinganire atari ubw’abagore nkuko benshi babitekereza, ahubwo ko…